Nyandwi Esdras and Love each Other

Nyandwi Esdras and Love each Other Nitwa Esdras NYANDWI ndi umunuamakuru ukorera BIKABYO TV kuri Channel ya YouTube.

23/09/2023

Menu Xi Crypto Revolution Free Airdrop Get Crypto Assets For Free Everyday Touch Your Future Dream Work With Xi Place Your browser does not support the video tag.

23/11/2021

*YOOOO !!!!! MBEGA ISOMO !!!!*

Umusore David afashe telefone ati Marigarita ihute uze ngupresente Maman. Ubwo ni aba fiancé .
Marigarita ati yeyeye…… Mama arahari se ati “wapi yagiye ku isoko ariko mu kanya araba aje. nguyu marigarita
ageze kuri Bus ! arinjiye Marigarita yicaye heza hamuzanira umwuka sawa. Mu gihe Chauffeur ategereje ko abagenzi buzura hinjira umubyeyi ukuze mu kigero cyo hagati mu myaka 50.
Ati Mukobwa wanjye ihangane umpe uwo mwanya wicayemo aho hafi y’umuryango kubera umuzigo mfite.
Umukobwa ati madam ibyo usabye ntacyo bintwaye. Ati ariko ninjiye hano mbere yawe. Niba utabashije kwicara aho ubonye jya gushaka indi bus. Nanjye hano nkeneye akayaga.
Uwo mubyeyi nta kindi yongeyeho ahubwo yihutiye kwicara kandi acecetse.
Nyuma ya 35 minutes
Umushoferi ati ngaho muvemo vuba vuba. Bari bageze ku cyapa cya nyuma. Bavamo.
Marigarita nawa mubyeyi bahagaze aho ku ruzuba bategereje igare !
Igare ryaraje bombi bahanga amaso umunyegare icya rimwe. Umunyegare yaraje arahagarara Marigarita agenda amusanga mukecuru nawe aza yihuta inyuma ya Marigarita
Mukecuru ndakwinginze mukobwa wanjye reka njyane niri gare urabona ko mfite umuzigo ati kandi ntegereje umushyitsi w’ imena. Ngomba kugenda nkagira utwo mutekera.
Marigarita ngo amureba arakaye. Marigarita ati Madam nk’ uko wumvako umushyitsi wawe uvuga adasanzwe niko na gahunda mfite idasanzwe mu buzima bwanjye. Uwuriye igare ni marigarita. Aragenda no kwa ba David ngo ba. David amwakira neza cyane amuhobera cyane. David ati “nizeye ko Maman ari bugukunde. Ninde wakanga umukobwa mwiza nkawe?”
Marigarita araseka ! yizeye ko maman wa David ari bumukunde kuko hirya ya byose ni umukobwa mwiza.
Bose baricara bategereza maman wa David.
Maman wa David aba arinjiye muri salon, igitangaza asanga wa mukobwa wamubihirije umunsi yicaye ku ntebe ye.
Mukecuru akinjira abanza ijambo ngo “David iki kintu kitarezwe kirakora iki mu nzu yanjye?”
Ah! Maman ni wa mukobwa nakubwiye ko nifuza ko tuzabana, yanga kwerekana ko bimucanze

10/09/2021

Hello! Ese twirengagije ko Covid19 iriho,ninde muherwe dufite mu Rwanda?

10/09/2021

Ibihe byakera byabereye byiza abicyogihe!, Ese natwe tuvugeko igihe cyacu turimo kitubereye kiza?

06/08/2021

Hello Guys and Sisters ?

01/08/2021

Ndabasuhuje nshuti bavandimwe amahoro y'Imana abane namwe.

31/07/2021
As you, which is loving style?
28/07/2021

As you, which is loving style?

Address

KN111 Nyamirambo
Kigali
RULINDO-NTARABANA

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Nyandwi Esdras and Love each Other posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Nyandwi Esdras and Love each Other:

Share