Ingwizabigwi 2

Ingwizabigwi 2 Live now as your last chances in your life!

08/01/2019

Part 4
The Last Love
___^^___^^______
Duheruka muri part 3 hari imodoka yitambitse iyaba Sino....
Banza ukande like kuri { The Last With Sino }??
Reka twikomereze ubwo zamodoka ebyiri zarabitambitse maze Sino azigeze imbere arahagarara avuza amahoni ngo bamuhe inzira ark biba ibyubusa bidatinze Sino yarasohotse azayegera zamodoka maze abazirimo doreko ari nabenshi bahita bazenguruka Sino abandi basatira imodoka bakuramo Neilla nabi bamukurura hasi vuba nabwangu baramuzana nawe bamushyira hagati ubundi umurara umwe aravuga ati ubuse iyi nyana yibwa yumusore tubanze tuyihondagure cg tuyireke??
maze andi mabandi aravuga ati ark yaba azize ubusa ahubwo mureke tungane uyumukobwa hakiri kare doreko ubu boss ari burare akora akazi sibyo x bamaniga??
mugihe abandi batarasubiza Sino yasingiriye ikirara kimwe acyambura inkoni nziza nziza maze ubundi atangira kubihuragura amaguru sukuyavunagura yiva inyuma mukureba neza Neilla we arimo gufata video yibiri kuba byose bidatinze yamabandi yahise abangira ingata amaguru ahita yurira imodoka arerekera maze Sino araza abaza Neilla uti umeze neza nawe ahita amusubiza byihuse ati meze neza cyaneeee!!!!
Maze bahita burira imodoka barerekera!
Reka batuzane iwabo wa Neilla turabona mama we ndetse na papa bari kuganirira muri salo kd nimumasaaha yumugoroba
Pp neilla: ark x chr ubona iriya nguzanyo twafashe muri bank tuzayigaruza kd nsigaye mbona umucunga mari wacu asigaye adashoboye????
Mm neilla: ark chr u*iko nitureba nabi uruganda rwacu ruzatezwa cyamunara???
Pp neilla: noe x uwazahamagara wamukobwa wa Paul urikwiga ibinganye nicungamari muri america akaza tukamuhamo akazi????
Mm neilla: eh ark u*iko aribyo chr ahubwo nugushaka uko twamuvugisha??
Reka tubaveho twiyizire kuri Emmy nayamabandi yari yatumye kumuzanira Neilla ark akaba yateshejwe na Sino bidatinze amabandi yaraje ubonako afite ubwobako boss agiye guhita ayica maze Emmy ayabaza uko byagenze maze nayo aramusobanurira byose twebwe turabizi reka batuzane murugo kwa Neilla urabonako bwije cyane ark bo bibereye muri salo papa mama ndetse na neilla maze mama neilla yitegereza neilla cyane kk ahugiye muri phone yiwe ntitu*i ngo arimubiki maze mama we arahaguruka bucece bucece maze umugabo biramutangaza kubona umugorewe arikugenda nkumujura maze nawe amuhanga amaso gusa ark mukugera kuri Neilla yasanze hari ibyo arikureba muri phone maze mama neilla ahita yiyamira cyaneee!!!.........!!!!!!
like ndetse na shares nyinshi cyane utibagiwe na comment ubundi duhite twikomereza???
Author :
Norbert Moussa!
Wibuke gusiga igitekerezo cyawe kk ningenzi cyane kd kora share nabandi babone uko bakanda like kuri page????

07/01/2019

Part 3
The Last Love
_________________
Mbere yuko dukomeza banza ukande like kuri page { The last with Sino }?
Duheruka Sino ahereje phone Neilla ngo avugane namama we...
Dukomeze ubwo Sino yahise ahereza phone Neilla maze Neilla aratungurwa cyane mugihe atarabaza byinshi cyane yumva hari urikumuvugisha kuri phone
Mm sino: uraho neza mwanawa???
Neilla: yego ndaho neza mama!
Mm sino: nukuri kwimana niyo nahira nipfira kk maze kumva ijwi ryumukazana wanjye! Noe x amazina yawe nayahe mwana wa???
Neilla: nitwa Neilla mama!
Mm sino: oh mbega ukuntu ufite nakazina keza ngaho nsubiza uwo muhungu??
Maze Neilla ahita ahereza phone Sino nuko atangira kuvugana na mama wae ark phone yahise ayishyira round speaker kungirango na Neilla yumve ibyo bavuga dore uko ikiganiro kimeze
Sino: mama nizereko wishimye cyane????
Mm sino: ayiii!!! Mwana wa urumva kk ntabuzwa niki kwishima kd maze kuvugana numukazana wanjye?
Sino: noe x umwumvishe gute mama???
Mm sino: ooh! Mbega ukuntu wahisemo neza uzukuntu avuga neza nukuri niba ukwavuga kuri terefone arinako avuga ntakabuza nanjye nagushimiye kandi Imana ibihe umugisha kd nyine...
Mugihe atararangiza kuvuga phone yahise ivaho maze Neilla atangira kubaza Sino impamvu imuteye kubeshya umubyeyi we??
Neilla: noe x ibyo ukoze wabanje kubitekerezaho??
Sino: wp ahubwo nuko ntayandi mahitamo naripfite ahubwo umbabarire kuba mbigukoreshejeuutabizi???
Neilla: noe x ubundi kk mama ahora akwishyuza umukazana cg???
Sino: cg x iki???
Neilla: cg nyine inama harukuntu yabigenje???
Sino: hhaaaa!! Hoya sha ahubwo nuko nigeze mbibonera umwanya wabyp ark ubundi ntacyo pfana ninama kitari inyama da!!
Neilla: hhhhhh!!! Ahubwo ngewe urantunguye cyane sinarinziko u*i kuganira bigeze aha pe noe x umwanya wabuze gute??
Sino: sha namaze imyaka myinshi cyane ndimo niga nitaye kubyurukundo kk ubutuvugana pfite phd muri accounting gusa ark nabuze akazi mitamo kuza kwibera umushoferi iwanyu!
Neilla: eh!! Burya warize bigeze aho hose mana we!!
Sino: noe x kobigutunguye gusa ark simbanshaka kubirata ahubwo ntuzagire uwo ubimbwira iwanyu??
Reka twiyizire kuri Emmy aho ari kuvugana numuntu kuri phone bidatinze 4ne yahise ivaho maze Emmy atangira kwivugisha agira ati ndaje nereke ruriya rusazako ngewe ntamikino ahubwo ejo nzatuma amabandi agende anzanire uriya mukobwa maze mite mugira umugore!
Barakwereka bwaracyeye mugitondo Sino angana boss namabuja kukazi maze aza gutwara Neilla ku ishuro nkibisanzwe maze uko amasaaha yicuma niko igihe cyokunga gucyura Neilla kuri Sino kigera bidatinze umugoroba warageze azagutwa Neilla gusa ark munzira bataha hari imodo ebyiri zabitambitse imbere.....???????????
like na shares ndetse na comment maze duhite dukomeza??????????
Author: Norbert Moussa!

06/01/2019

Part 2
Th Last Love
_______________
Mbere yuko dukomeza banza ukande like kuri page {The Last with Sino}?????
Muri part one duheruka Emmy arikuganira na phili kuri phone maze phili akabaza Emmy niba yiteguye kurwana kungirango yegukane Neilla ntagutinda reka dukomeze!
Dutangiriye ahantu harabantu benshi cyane tutazingo habaye iki ark turakimenya bidatinze mukureba neza turabona bisankaho ari kukigo cyamashuri mukureba neza hari imodoka yahise ihagera maze hasohokamo umusore ahita anga gufungura inyuma mukureba neza ni Sino ufunguriye Neilla nkwibutseko Neilla acyiga muri university atarayisoza ako kari agaciyemo!
Reka dukomeze maze Sino ambwira Neilla ati amasomo meza mabuja maze akokanya Neilla ahita arakara atangira kumumbwira nabi ati
Neilla: ark x Sino twumvikanye gwiki nakubujije kunyita mabuja wae uranyumva neza???
Sino: mumbabarire nukuri mbananga kububahuka ark ndabikora uko mubishaka!
Neilla: ati sawa noneho kd nizereko uribuze kunyura kare hari umusore dufitanye gahunda nimugoroba sibyo x sha??
Sino: yego ndaza kare!
Maze Neilla ahita yikomereza agenda agana mu ishuri gs ark atarinjira hari uwamuhamagaye mukureba turabona ari umukobwa mwiza ushinguye ufite inzobe ark idakabije cyane maze Neilla aza amusanga batangira kuganira dore uko ikiganiro cyabo kimeze
Neilla: amakuru yawe x Dorcas??
Eh kumbe uwo mukobwa yitwa Dorcas!!
Dorcas: ati sha nimeza! Ahubwo x amakuru ya Emmy chr wae??
Neilla: hhhh!! Uriya namukatiye rugikubita!
Dorcas: eh niko sha wanze umutype ufite cash nka emmy kk??
Neilla: eh noe x narigukunda Emmy cg amafaranga?? Gs nyine nahisemo kubireka byose ahubwo x woe ntakuntu???
Dorcas: wp sha ahubwo nabonye usigaye utwarwa nigisore cyiki bogari kbx ahubwo nakibona gute we???
Neilla: hhh!! Nawe urakabya uravuga Sino x? Uriya ni4 man wangirango ntago azikuvuga kbx kk tuzana inzira yose ntawuvugana nundi????
Dorcas: nyine woe mbwira uko namubona ibindi ubindekere??
Reka twiyizire kuri wamushoferi wacu ariwe Sino arikuri phone ark urabonako ariguseka asankaho yishimye cyane reka tumwegere twumve icyamuteye kwishima bigatuma aseka kumbe Sino arikuvugana na mama!
Sino: ati humura mama mukanya ndamuguha umuvugishe umukazana wae uhora unyishyuza ahubwo wongere kumamagara nimugoroba turaba turikumwe sibyo x mama??
Mm sino: yego ahubwo ungurire utuyinite twinshi cyanee! Maze phone ihita ivaho!
Reka twiyizire mukazi aho mama Neilla ndetse na papa bakora bisa nkaho arimuruganda kd rukomeye cyane turabona mubiro bya papa Neilla hari uwicayemo ubonako atikoraho mukureba neza ni Emmy ari kuganira nase wa Neilla dore uko ikiganiro kimeze
Emmy: hoya ngewe ndemera kuguha icyo ushaka cyose ark wemere kuma mukobwa wae???
Pp Neilla: hhaaaa!! Aho uribeshye cyane kk Neilla simuhitira umusore bagomba kubana kd njyewe numugore wanjye twamaze gufata umwanzuro!
Emmy: hhh! Niko u*iko ukina muri business woe sawa ndaje nkwereke uwo ndiwe woe nuwo mukobwa wae urata!
Maze Emmy ahita ahaguruka arataha!
Reka twiyizire kuri Sino yicaye mumodoka ategereje Neilla ngo amucyure maze mukanya katarambiranyeNNeilla yaraje yinjira imodoka ubundi Sino aratsa batangira urugendo nkanyuma yiminota 5 phone ya Sino yarasonnye maze arayifata atangira kuvugana numuhamagayekkumbe ni mama we bari kuvugana kd nkwibutseko yamumbwiyekoaaribuze kumuha umukazanawe bakavugana bidatinze turumva bavuga bati
Sino: yego mama turikumwe ngiye kumuguha ark wirinde kumbariza umukunzi ibintu byinshi??
Mm sino: yego yewe gira vuba mume twivuganire??
Maze ahita afata phone ayihereza Neilla ngo avugane namama we............????????????
Ese Neilla niwe mukunzi wa Sino??
Ahubwo x Neilla azi uwo bagiye kuvugana??
Ese kotwumvishekoEEmmy haricyo agiye kwereka papa Neilla ngo nukp amwimye umukobwawe aho byaba biribugende gute?????
Umwanditsi
Norbert Moussa
Like and shares nyinshi duhite dukomeza???
kd ntutambuke udasize comment yawe???
Kudukurikira kwawe ninkunga ikomeye cyane!

________ Nukuri ndabakunda cyanee!
Author: Norbert Moussa!

06/01/2019

Part 1
The Last Love
________________
Banza ukande like kuri page {The last with sino}.
Dutangiye hari utwaye imodoka ndetse barakwerekamo imbere turabonamo umusore mwiza rwose yambaye imyenda igezweho ndetse ninyogosho urabonako arinshyashya
gusa ariko mukureba kunebe zinyuma hari abahicaye ubonako batikoraho rwose mukwitegereza neza turabona ari umugabo ndetse numugore mukireba neza barimo kuganira wibukeko batwawe numusore tutaramenya amazinaye dore uko ikiganiro kimeze
Umugabo: ark x chr woe ubona uriya mukobwa wacu azaguma kwiga gusaaa ko atatwereka umukwe wacu bimeze gute???
Umugore: ark chr wagiye ureka umwana agakora ibyo yifuza nukuri mwihorere nabona umusore akamushima ntakabuza azamutwereka sibyo x mugabo nkunda????
Umugabo: ndumva aribyo pe!
Bidatinze barakwereka imodoka yarahagaze maze wamusore utwara avamo aza gucyigura maze boss na mabuja barasohoka maze boss ambwira wamusore ati
Boss: nuko sha Sino ndabona usigaye ukora akazi kawe neza cyane
Eh kumbe wamusore yitwa sino!!
Sino: yego murakoze boss kandi nukuri nzakomeza kugakora neza!
Bidatinze twigarukire hano muri cartier imwe ubonako ariyabaherwe gusa reka batuzane munzi nzizacyane ubonako hari isuku idasanzwe reka duse nkabinjiramo imbere turabonamo umwana wumukobwa wicaye muri sallo ndetsa arikuvugira kuri phone gusa ariko urabonako wagirango haru ategereje noneho reka batuzane hanze turabona hari imodoka isa nkiyo wamusore Sino atwara kumbe mukwitegereza neza turabona ariwe usohotse maze nawe aza agana muri sallo maze ahagarara kumuryango arabanza arakomanga maze wamukobwa tutaramenya amazina ye abaraje kureba ukomanga
Umukobwa: ese niwoe? Waje ryari??
Sino: nibwo nyiza mabuja ahubwo niba mwarangije kwitegura mwaza tukagenda??
Umukobwa: ariko sinakubujije kunyita mabuja wawe nitwa Neilla ntago nitwa mabuja sibyo?
Sino: yego nibyo mabuja eh nako Neilla!
Neilla: nyumvira kandi uracyabisubiramo gs ark ntakibazo uragenda ubyikuramo ahubwo ndaje tugende!!!
Reka twiyizire kurundi ruhande turabona umusore wicaye mubiro asa nkaho arikuvugira kuri phone!
Umusore: ariko x man ngo usigaye wisiga Alice kk cg???
Uhamagawe: reka genda sha Emmy woe ntabyo u*i kbx??
Kumbe wamusore uhamagaye yitwa Emmy!
Emmy: nyine woe nyihera amakuru afatika man sibyo Phili???
Kumbe uwo emmy ahamagaye yitwa phili gs ark nimine ya Philipo reka twikomereze!
Phili: sha niko kuri man ngewe sindi nkawe wananiwe gutereta ukaba waratewe nindobo numukobwa ukunda cyane?
Emmy: sha winyibutsa Neilla uri muswa gusa gs ark negereje kuzareba umusore uzamutereta akamwemera kbx?????
Phili: hhhhhhh sha nawe ufite amafaranga wagirango urayakora yarakwanze ngo urashaka kureba uwo azemera???
Emmy: sha uriya mukobwa wagirango yararozwe sigusa gs ark byanga bikunze agomba kuba uwange kbx!
Phili: hhhh noe x witeguye kurwana ngo ukunde umwegukane??
Emmy:.....................!!!!!!!!!!!!!!
Ntakundi washira amatsiko uretse kubanza ugakanda like kuri iyi page maze ukanga wibonera inkuru yose byoroshye????
Page yitwa {The Last with Sino}
Umwanditsi
Norbert Moussa
Ese Emmy yiteguye kurwana nande kd kotwumvishekonniwabo wa Neilla batazi umukwe wabo??
Ese Neilla yaba afite umukunzi kk??
Ntakundi washira amatsiko banza ukande like ndetse na shares nyinshi zishoboka maze unasige comment yawe???
Part 2???
Coming soon!!!
Don't miss! !!!!
Norbert
Moussa
K***a cyanee!!!

05/01/2019

The Last Love
_________________
Iyi niyo nkuru dutangiye kd ikaba ifite part nyinshi udakwiye gucikwa!
Iyi nkuru ihimbwa na Norbert Moussa ndetse akaba arinawe uyandika!
Reka tuyitangire dutangiye hari utuganiriza agira ati nitwa Sino nkaba nkora akazi kogutwara imodoka zabandi gs ark nyuma yimyaka itatu nkora akokazi naje gukorera umukire ufite uruganda rukora imodoka akazi kange karako gutwara boss mugitondo ndetse namabuja navayo nkangana umwana wabo wumukobwa ku ishuri!
Ese kuki inkuru yacu itangiye uku gusa ark ntucikwe kk mukanya turayitangira neza cyane!!
Dore icyo usabwa kanda like kuri iyi page {The Last with Sino} maze ukore naa shares nyinshi ndetse na comments nyinshi cyane????
Umwanditsi
Norbert Moussa
Mukanya ni part One!!!!!

10/12/2018

Niba ushaka kugisha inama ariko ukaba warabuze uko wabivuga cyangwa ukaba ukeneye inama zahafi nukuri amarembo arafunguye hano kuri page ya Better future and king sino members ubundi ukande like ndetse na share nabandi babimenye cyangwa wandikire Norbert Moussa kuri inbox!!!

Sawa murakoze!

27/11/2018

My people mumeze gute???

29/09/2018

urabyumva gute woe?

Ese umunezero ubahanze y'umubiri cg munubiri?

24/03/2018

Mumeze gute bavandi
Iminsi myinshicyane

Address

Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Ingwizabigwi 2 posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share