IGIHE Ni Terambere ibihe byose mu Rwanda

IGIHE Ni Terambere ibihe byose mu Rwanda John Peter san of Andre

https://www.youtube.com/watch?v=RR_cp2S67S0
18/05/2022

https://www.youtube.com/watch?v=RR_cp2S67S0

In This Nigerian Nollywood Movie, A Blind Boy Was Knocked Down By A Woman's Car. The Woman Was Nonchalant But Her Daughter Helped The Poor Boy Up And Went On...

19/11/2016

Izindi serivise dutanga Mu ikoranabuhanga
(ICT) Webdesign *Video Production *Design (logo,flyers,posters,service
card,Certificat,brochure,banners) *ICT Mu Mishinga no guhanga imirimo Kwiga no Gutanga inama ku mishinga no Gufasha mu ishyirwa mubikorwa ryayo. Adress: Dukorera mu ntara
y’Uburengerazuba. Email: [email protected]

27/08/2016

Imbere y’abafana bategeze
ku 100 Jay Polly na Amag
The Black bamuritse album
yabo-Amafoto Mu ijoro ry’uyu wa Gatanu tariki 26 Kanama 2016 kuri Petit Stade i Remera mu mujyi wa Kigali byari byitezwe ko habera igitaramo cyo kumurikira abakunzi ba muzika album nshya ya Jay Polly na Amag The Black “Ubuzima bwanjye”. Iki gitaramo ni kimwe mu bitaramo bititabiriwe dore ko cyari kirimo abantu batagera ku ijana. Si ukutitabirwa gusa kw'iki gitaramo kutavuzweho rumwe ahubwo n’abahanzi bagombaga kukitabira abahageze ni mbarwa ndetse nabo ntibaririmbiye abakunzi ba muzika bari aho ahubwo babonaga ibyabaye kuri aba bahanzi bagahita bitahira cyane ko nta n'umuntu wari uhari ngo abamenyeshe imiterere y’iki gitaramo. Bamwe mu bahanzi bagaragaye kuri Petit stade ni Riderman, Uncle Austin, Spax ndetse na Bruce Melodie utigeze atumirwa muri iki gitaramo gusa akaba yari yaje mu gitaramo cy'aba bahanzi b'ibyamamare dore ko cyari cyahawe inyito ngo 'Abami baragarutse'. Bruce
Melody waje aje kwirebera uko bimeze yatunguwe bikomeye n’ibyo yababonye. Jay Polly na Amag The Black baguye mu kantu batunguwe n'umubare w'abantu wari uhari Rimwe mu yandi makosa yabayeho ni ugutangira batinze cyane. Iki gitaramo cyatangiye ku isaa tatu n’igice z’igicuku (21:30’) mu gihe cyari gutangira isaa kumi n'ebyiri. Bakigera ku rubyiniro aba bahanzi baririmbye nyinshi mu ndirimbo ziri kuri album bahuriyemo baziririmba mu buryo bwa Play Back. Isaha yo gufunga igitaramo yari saa yine
za nijoro bayirenzaho iminota makumyabiri maze saa yine na makumyabiri bahita bava ku rubyiniro ari nabwo cyahise gifungwa. Nyuma y’iki gitaramo Jay Polly yahise ajyana n’umugore we gusa abwira itangazamakuru ko guhomba kw'iki gitaramo bifite impamvu ndetse nta yindi ngo ni umujyanama wabo wabatabye mu nama akabata. Uyu muhanzi yahamije ko umwaka utaha nabwo biteguye gukora igitaramo nk’iki bamurikira abakunzi ba muzika album bazaba bakoze. Reba amafoto y'icyo gitaramo kitabiriwe n'abantu batagera ku ijana Riderman (hagati) yahabaye imfura ageza hafi igitaramo kirangira akiri inyuma y'aba basore Muyoboke Alex(Hagati ) arindiriye ko bamubaza Charly na Nina ngo ahite abahamagara baze Bruce Melodie yahageze nubwo atatumiwe Mc Phil Peter niwe wayoboye iki gitaramo Jay Polly na Amag The Black ku rubyiniro Amag The Black ati "Nubwo ari bake ndabataramira" Abafana bari bake cyane Imyanya y'icyubahiro yari irimo ubusa Abakozi ba stade bari biganje mu bafana bari aho Icyakora cyo Album zari zihari Imyanya y'icyubahiro yarimo mbarwa Abafana bageze aho binjirizwa ubuntu ariko biranga biba iby'ubusa dore ko n'ubundi batigeze barenga ijana Ibi byose byabereye mu maso y'umufasha wa Jay Polly Nyuma y'igitaramo Jay Polly yahise ajyana n'umugore we Agatoki ku kandi Jay Polly n'umugore we baritahiye basize Amag The Black ahanganye n'ibibazo by'itangazamakuru kuwa: 27/08/2016 na: Nsengiyumva Emmy Ibitecyerezo byatanzwe Yewe ● Today, 14:44 Mwashatse igishoro mukaza gucuruza
nyabugogo ndababuriye twamenye kuzigama
ntawe ugitanga utwe ● Today, 12:23
Subiramo uti"Imyaku" jules ● Today, 11:35 ishyuu!! hip hop yaragambaniwe koko!!! kay ● Today, 11:24 hhhh hhhh I told u jay yatutse anirata numva
kuri pacson NGO nacyo amurusja
birambabaza,pacson ati ntihazagire ujya
mugitaramo cyiyo indiscipline none
bamwumviye ,reka abone Polly wagisambo
,imindi yawe mibi naho yaje,icare ihangane nubugambanyi bwaw nubwirasi kazingu rwose joyce ● Today, 09:49 Ahahahha kanisekere wisdom b ● Today, 09:25 abo bami ko bajyeze kure ra erega nibemere
bicare hasi bafane deo ● Today, 09:15 hello guyz,ndababaye le,management ipfuye
ariko never give up,ninkaho aritangira
bushyashya ryama lunch yamalbum kuko byari
byarapfuye neza.mutangire mu rwane kuburyo
mudukomveka tu. eto ● Today, 08:49 Nibihangane bibaho. Gusa bajye bayimurikira
muri H Zone byibuze bababona. Buriya ubwo
aribo barajya kureba wizkid i rugende kandi bo
ataje kubareba. Umugore wa jay polly ko
yambaye ubusa raa????? harya kwambara
gutyo bibinjiriza angaha niwe wabateye umwakuuuuu green ● Today, 08:40 waraburije man hahahahahahahaha mbimbu ● Today, 08:32 ntabivuga Jay warahemutse sana nabo
nibenshi urakatira green ,Buda,FIRE MAN ngo
izanye amag ntasoni ntamu fun ukigukunda
uzabage wifashe tuyisenge emmy ● Today, 08:24 abo basore niba powe iminsi nticya kimwe
nibakomeze impano zabo

21/06/2016

biturutse ku mihindagurikire y’ikirere? Ese ni ubuhe butumwa naha isi mu kurwanya imihindagurikire y’ikirere?” Uzaba uwa mbere azahembwa amadolari ya Amerika 8000, uwa kabiri ahembwe 5000 naho uwa 3 ahembwe 2000 muri buri kiciro. Ni ukuvuga ko ikiciro cya videwo n’icya filime bitandukanye. Itariki ntarengwa yo kohereza ibisabwa ni tariki 15 Nzeli, naho ibihembo bikazatangwa mu nama y’umuryango w’abibumbye ku mihindagurikire y’ikirere (COP22) izabera muri Maroc mu kwezi k’ugushyingo uyu mwaka. Ku bindi wakenera kumenya kuri iri rushanwa wasura www.film4climate.net

21/06/2016

Kora filime ngufi itarengeje iminota 5 biguheshe amahirwe yo guhindura isi no gutsindira akayabo ‘Film4Climate Global Video Competition’ ni irushanwa rihamagarira urubyiruko rwo ku isi yose rukora filime mu kugira uruhare mu gukemura ikibazo cy’imihindagurikire y’ikirere binyuze mu mpano zabo za filime ari nako babona amahirwe yo gutsindira amamiliyoni y’amanyarwanda. Iri rushanwa rihamagariwe abantu bose babarirwa hagati y’imyaka 14 na 35 y’amavuko, rigamije guha umwanya urubyiruko ruri mu buhanzi bwa filime kugira uruhare mu guhindura isi, by’umwihariko ku kibazo gikomeye kiyugarije aricyo cy’imihindagurikire y’ikirere. Iri rushanwa ritegurwa n’umushinga wa ‘Connect4Climate Initiative’ ubarizwa muri Banki y’isi, rirahamagara uru rubyiruko rwavuzwe haruguru kohereza videwo ngufi (iri munsi y’umunota 1) cyangwa filime ngufi iri hagati y’umunota 1 n’iminota 5; usubiza ibibazo bikurikira: “Ese imihindagurikire y’ikirere ivuze iki kuri njye? Ese ndi gukora iki ngo ndwanye ubushyuhe bukabije bwugarije isi

24/03/2016

Dore uko abahanzi bazitabira PGGSS VI bakurikiranye: 1.Bruce Melody 2.Jules Sentore 3.Urban boys 4.Christopher 5.Allioni 6.Dany Vumbi 7.Dany Nanone 8.Gaby Umutare 9.Teta Diana 10.TBB.
Uraha nde amahirwe yogutwara PGGSS VI.

20/03/2016

-Umuturage wa Libiya
yinjizaga amadolari
y’Amerika 14 192(angana na 9 557 776 RwF ).
-Buri umwe mu bagize umuryango leta yamugeneraga
amadolari y’Amerika 1000
(angana na 685 000 RwF) ku mwaka.
-Abashomeri, leta
yabageneraga amadolari
y’Amerika 730 (angana
na 500.000 Rwf) ku kwezi.
-Umushahara w’umuforomo
w’ibitaro wari amadolari y’Amerika 1000 (angana
na 685 000RwF).
-Umwana wavukaga ,leta
yamugeneraga amadolari y’Amerika 7000 (angana
na 4 800 000 RwF)
-Abashyingiranw aga,leta
yabageneraga amadolari y’Amerika 64000 (angana na 43 000000RwF) yo kugura inzu.
-Uwafunguraga ikigo
kigenga (entreprise privée),
leta yamugeneraga amadolari
y’Amerika 20 000 (angana na 1 370000RwF)y’inkunga.
-Amahoro (impôts ) menshi yari abuzanyijwe.
-Abanyeshuri bigiraga
ubuntu.
-Kwivuza byari ubuntu.
-Kwiga cyangwa kwimenyereza
akazi(stage)mu
mahanga byishyurwaga
na leta.
-uwashakaga kugura imodoka leta yamutangiraga50%
-Esanse yo yarihendutse kurusha amazi
-yashizeho icyogajuru amanura ibiro byitumanaho

18/03/2016

INAMA ZAGUFASHA ZAGUFASHA MUBUZIMA
1. Jya ugerageza kwibagirwa
ibyakubabaje ariko
ntukibagirwe isomo byakwigishije!
2. Jya uzirikana ko buri kintu
cyose kibaho kubera
impamvu kandi
ikikubayeho cyose kigusigire
ikintu cy'agaciro. Nikitagusigira
ibyishimo, kizagusigira kwihanganira
ibikubabaza.
Nikitagusigira inyungu,
kizagusigira ubumenyi bw'uko
wakwirinda igihombo.
3.Kuba umukire si ugutunga byinshi
ahubwo ni ukugira aho uva
ukagera aho wigeze kwifuza kugera kandi
ugahora
wifitiye icyizere ko ejo
hazaza hawe hazarushaho kuba heza,
ukahagirira inzozi unaharanira kuzazigira
impamo.
4.Icyo ukwiye
kwigira ku bantu si imico
n'ibikorwa byiza gusa,
ahubwo n'abafite imico n'imigenzereze mibi bajye baba
abo kuguha urugero rw'ibyo
ukwiye
kwirinda gukora.
5. Ntugakore ikintu kuko
kanaka yagikoze, ntukifuze ikintu kuko kanaka agifite,...jya ukore ikintu
kuko wumva ari
ngombwa kuri wowe kandi
wifuze ikintu
kuko wumva kigufitiye umumaro Sawa ibihe byiza kandi Imana ibahe umugisha.

17/03/2016

Amwe mumagambo yo muri bibiriya akwiye kudusigira iki mubuzima bwacu bwaburimunsi
-Nusanga umupfapfa ntajambo ry ubwenge
uzamwumvana (imigan 14;7) -Uduke turimo kubaha uwiteka turuta ubutunzi
bwinshi burimo impagarara(img15:16)
-Umutima w umukiranutsi utekereza icyo ari
busubize arko akanwa k umunyabyaha
gasesagura ibigambo (img 15:28) .
-Maze ibwira umuntu it dore kubaha uwiteka
nibwo bwenge kandi kuva mubyaha niko
kujijuka (yobu 28:28)

Umushakashatsi Pastor PeterMusisi ahamya ko umugorekuyobora itorero ari ishyanono gukora kwa satani Pastor Peter Musisi ...
15/01/2016

Umushakashatsi Pastor Peter
Musisi ahamya ko umugore
kuyobora itorero ari ishyano
no gukora kwa satani Pastor Peter Musisi umuyobozi mukuru w’itorero
The Holy Living Church of Jesus Christ rifite icyicaro Kimisagara mu mujyi wa Kigali, uyu akaba ari umushakashatsi ku iyobokamana ubimazemo imyaka 5 ahamya ko nta mugore ukwiye kuba Pasiteri no kuyobora itorero. Pastor Peter Musisi uhamya ko nta mugore ukwiye kuba Pasiteri no kuyobora Itorero ni muntu ki? Pastor Peter Musisi ni umukozi w’Imana umaze imyaka 32 yizeye Yesu Kristo,akaba amaze indi myaka 20 ari umuyobozi w’itorero naho kuva atangiye kuba umushakashatsi ku iyobokamana hashize imyaka itanu. Peter Musisi akunze kumvikana ku maradiyo atandukanye ya hano mu Rwanda atanga ibiganiro bivuga ku nkomoko ya Illuminati n’ubuhanuzi bw’ibihe turimo. Pastor Peter Musisi utangaje ko nta mugore ukwiriye kuba Pasiteri no kuyobora itorero kuko ari ikizira, aherutse gutangariza Inyarwanda.com ko mu bushakashatsi yakoze yasanze mu Rwanda hari abapasiteri benshi kandi biganjemo abakomeye bakoresha ubupfumu bagahamagarira abantu ibitangaza aho kubahindura ngo bave mu byaha, bakabaha uburozi n’inigi za kijyambere bakavuga ko ari Imana ibikoze kandi atariyo. Peter Musisi yasabye abakristo kutirukankira ubuhanuzi n’ibitangaza kuko benshi mu babikora bitwaje izina rya Yesu ari abapfumu n’abarozi. Mu kiganiro yagiranye na Inyarwanda.com ku bijyanye no kuba umugore yayobora itorero icyo abivugaho ashingiye kuri Bibiliya, Pastor Peter Musisi yavuze ko ari ishyano rya gashyantare kuba umugore yayobora itorero. Yavuze ko abagore ari inzabya zoroshye ndetse na Bibiliya ikaba ibihamya bityo bakaba bakorohera cyane satani kuba yabayobwa. Pastor Peter Musisi ahamya ko ari ugukora kwa sh*tani kwazanywe na Illuminati kuba hari abagore bayobora amatorero kandi ari ikintu kizira kuva na kera ndetse na Bibiliya ngo ikaba itabyemera. Kuri we avuga ko kuba nta mugore uba umukuru w’umuryango, umutware w’urugo, ngo ni nako byari bikwiye kumera mu itorero ry’Imana, rikajya riyoborwa n’abagabo ariko nabo batoranyijwe. Yagize ati; Ibyo ni ishyano rya Gashyantare ntabwo umugore akwiriye kuyobora itorero ry’Imana.Reka da itorero ntabwo rikwiye kuyoborwa n’umugore kuko Bibiliya irasobanura ikavuga ngo umugabo ntabwo ariwe wayobejwe ahubwo ni umugore niwe wayobejwe kandi tuziko twebwe turi abasirikare ba Yesu Kristo, iyo turi abavugabutumwa,itorero burya rigizwe n’abasirikare kandi bakatubwira ko
umugore adakwiye kwigisha cyangwa gutegeka umugabo ndetse ko adakwiye no kuyobora itorero ry’Imana, kuko ariwe wayobejwe. Bibiliya ivuga yuko abagore ari inzabya zoroshye icyo se si icyanditswe kiri muri Bibiliya? Imana yabahaye urwego rwabo,kuvuga ko ari inzabya zoroshye bakorohera ibintu byose, bakorohera na satani yabayobya niyo mpamvu rero itorero ritagomba kuyoborwa n’umugore ahubwo ukwiye kuribera maso aba ari umugabo ariko si umugabo wese ahubwo ni umugabo watoranyijwe agahabwa inshingano icya mbere ashobora kuba yayobora urugo rwe akayobora umuryango we,niyo mpamvu nta mugore uba umukuru w’umuryango,birashoboka se?ntabwo umugore aba umutware nyiri urugo,nk’uko rero bimeze no mu rugo niko
bikwiye kumera no mu itorero ry’Imana, ababicurika rero ngo iyo ndi mu rugo mba umugore n’umutware wanjye nkamwumvira ariko twagera mu rusengero nkaba Chef we ibyo ngibyo ni ugukora kwa sh*tani. Umushakashatsi Pastor Peter Musisi ahamya ko nta mugore ukwiye kuyobora itorero Pastor Peter Musisi yakomeje avuga ko ibyo byose byaturutse mu mahame ya gifirimaso avuga k’ukwishyira ukizana hakaba harimo ihame ry’uburinganire (Equality) aho abagore bashaka kungana n’abagabo mu bintu byose aho akaba ariho hagenda hava inyigisho zindi ndetse n’amashyirahamwe atandukanye aho yatanze urugero rw’itorero Feminism riharanira iterambere ry’abagore. ati: Ubusanzwe Yesu Kristo ntabwo yaje gushyiraho ayo matsinda, abantu bose bakeneye kubohorwa ntawe utaboshye, ntabwo ari amatsinda yo kubohora ni amatsinda Illuminati (Agatsiko k’ibanga kayoboye isi gakorera Satani)) igenda ishyiraho arengera ibidukikije, arengera ubuzima bw’inyamaswa, arengera abana, mbese akagenda acamo abantu ibice,nta muntu udakwiriye kurengerwa. Yesu yaje kuturengera twese ngo dukizwe,nitwumvira ijambo rye twese tuzaba tubohotse ,uri umugabo uzabohoka ,imbaraga Imana yaguhaye n’ubwenge n’ubutware uzabukoresha neza mu cyubahiro cyo guhesha Imana icyubahiro,n’umugore role yawe ,cyangwa ibyo ugomba gukora uzabikora nk’uko Imana yabikugeneye kugirango uheshe Imana icyubahiro n’umwana nawe
aho kugirango agutware kuri Polisi ko wamucishijeho akanyafu,azumvira ababyeyi be. Kuba umugore yayobora itorero bamwe barabyemera bakavuga ko Yesu Kristo ku musaraba yarangije byose ndetse ko igihe yazukaga umugore ariwe wahamije iyo nkuru bwa mbere igihe abagabo bari bikingiranye mu nzu bagize ubwoba. Hari abandi barimo Pastor Peter Musisi batabyemera bakavuga ko ari ikizira.Kugeza ubu mu Rwanda hari umubare munini w’abagore bayoboye amatorero ndetse hari n’arimo gutera imbere cyane kurusha ayobowe n’ayatangijwe n’abagabo. Ese wowe ubibona ute, umugore akwiriye kuyobora itorero cyangwa nawe ubifata nk'ikizira?

ikigega cy'umuziki nyarwanda

09/01/2016

Muri make muri Leta ya America
yemeje umushinga wo gukoresha
Microchip zizajya zishyirwa mu
gahanga cyangwa ku kiganza
cy'iburyo, iyo microchip bizavugwa ko
ari kugirango ubashe kwivuza, ariko izajya iba iri connect na account yawe
muri bank, bishaka kuvuga ko bihuza
n'ibyanditse mu Ibyahishuwe
13:15-18 havuga iby'ikimenyetso
kizashyirwa mu ruhanga kugirango
ubashe kugura, kwivuza n'ibindi. " Ihabwa guha icyo gishushanyo cy'inyamaswa
guhumeka, ngo kivuge kandi cyicishe
abatakiramya bose. Itera bose aboroheje
n'abakomeye, n'abatunzi n'abakene,
n'ab'umudendezo n'ab'imbata, gushyirwaho
ikimenyetso ku kiganza cy'iburyo cyangwa mu ruhanga, kugira ngo hatagira umuntu
wemererwa kugura cyangwa gutunda,
keretse afite icyo kimenyetso cyangwa izina
rya ya nyamaswa, cyangwa umubare w'izina
ryayo. Aha ni ho ubwenge buri: ufite
ubwenge abare umubare w'iyo nyamaswa kuko ari umubare w'umuntu, kandi umubare
we ni magana atandatu na mirongo itandatu
n'itandatu."
Benedata iherezo rya byose
riregereje,

23/10/2015

REBA AMAGAMBO AGIZE INDIRIMBO SAME ROOM I wanna share with you my baby, I wanna share with you my love, I wanna share with you my baby, I wanna share with you my love, Same house, same room, same behhhhhhd, The Journey of our love had taken so so long, the rough winds try to break it, several times several times, oh Baby but everytime it blows blows, yeah, you are the only one that knows what can make me happy today, uuh I am the only one that knows what can make you happy tomorrow oh oh yeah, I wanna share with you my baby, I wanna share with you my love, I wanna share with you my baby, I wanna share with you my love, Same house, same room, same bed, everything that belongs to me, Share with you my baby, share with you my lover, Share with you my baby, share with you my lover. Baby baby , you know what I need, and I know
what you deserve, baby baby we are fighting the same fight, we don't care what people say about us, It is all about you and I baby, They will never gonna stop our destiny baby, You are the

Address

Rukomo
Nyagatare

Telephone

0722518045

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when IGIHE Ni Terambere ibihe byose mu Rwanda posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share